logo.png

Rwanda Tubare

Imbonerahamwe mu mibare y'abana mu Rwanda bari munsi y'imyaka 17

Ishusho rusange y'imibare y'abana yatangajwe mu ibarurarusange rya gatanu ryo mu mwaka 2022, rigaragaza ko ubu mu Rwanda hari abana 5,896,601. Muribo abahungu ni 2,949,970 naho abakobwa ni 2,946,631.

Boys & Girls.png

Nkuko imibare ibigaragaza 1,499,628 y’abo bana babarizwa mu bice by’umujyi naho 4,396,973 babarizwa mu bice by’icyaro.

PNG 1.svg

Imibare y'abana mu buryo burambuye yisange hano

Ibibanza Ibikurikiyeho